Amakuru

Fake news: Inkuru ishobora kuba ikinyoma yasomwe n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga

‘‘Chers tous,
Vous auriez remarqué récemment que la chaleur du jour et de la nuit était insupportablement élevée. Selon les experts, cela est dû aux vagues de chaleur résultant de l’émission de gaz à effet de serre.

L’Agence météorologique nigériane (NIMET) a mis en garde les Nigérians de se préparer à des journées plus chaudes et des nuits plus chaudes. Cette préparation nécessitera des stratégies d’adaptation intelligentes et la participation à des pratiques résilientes au changement climatique pour faire face aux dommages causés.

Les effets courants des vagues de chaleur sur les humains sont la déshydratation pouvant entraîner des pertes de connaissance ou la mort, la varicelle, une éruption de chaleur et un stress psychologique.
Afin de faire face aux conditions climatiques actuelles, les experts ont conseillé de: —

  1. Buvez plus d’eau pour rester hydraté.
    Gardez une bouteille d’eau avec vous pour vous rappeler de prendre de l’eau.
    3. Évitez les boissons alcoolisées et caféinées pendant cette période.
    4. Réduisez la consommation d’aliments riches en protéines (par exemple, les viandes rouges, etc.) car ils augmentent la chaleur métabolique.
    5. Nourrissez-vous de fruits et légumes frais qui sont de meilleures options.
    6. Surveillez votre tension artérielle pour vous assurer que vous êtes dans la fourchette normale.
    7. Restez à l’intérieur (dans votre maison ou votre bureau) entre 12h et 15h chaque jour autant que possible.
    8. Prenez des bains d’eau froide avant de vous coucher la nuit’’.

Iyo nkuru yasomwe n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga yafashwe nk’ukuri birashoboka ko atari byo kandi abantu benshi batandukanye bayifashe nk’aho yaturutse kuri meteo Rwanda kandi ari ‘‘fake news’’ mu ndimi z’amahanga.

Amakuru aboneka ku rubuga rwa Meteo Rwanda avuga ku butumwa bujyanye n’ubushyuhe buriho, ni uko mu minsi ishize guhera taliki ya 05 kugeza ku ya 08 Werurwe 2023 mu gihugu henshi hagaragaye ubushyuhe bwinshi aho mu Mujyi wa Kigali hapimwe ubushyuhe buri hejuru ya 32ºC.

Ku bijyanye n’ubwo butumwa bwatanzwe mu rurimi rw’igifaransa bwandikiwe abaturage bo muri Niger bo mu muryango utagengwa na Leta, hari ku wa 07 Mata 2019, nanone ubwo butumwa bwandikiwe abo muri Burkina byandikwa na S. Grégoire abyanditse kuri facebook nta website yakoresheje, ubwo butumwa bwatanzwe SOS yo muri Senegal ku mataliki atazwi ‘‘ONG Niger-vert, April 7, 2019

‘‘Ubutumwa bujyanye n’ubushyuhe buriho: Mu minsi ishize (Guhera Tariki ya 05 kugeza kuya 08 Werurwe 2023) mu gihugu henshi hagaragaye ubushyuhe bwinshi aho mu Mujyi wa Kigali hapimwe ubushyuhe buri hejuru ya 32°C. MeteoRwanda’’

Meteo Rwanda ikomeza itangaza ko hatse izuba ryinshi nta mvura igwa ariko imvura iteganyijwe kuva ku italiki ya cyenda kuzamuka, izagabanura ubushyuhe byongere busubire nkuko bisanzwe.

Icyo kigero cy’ubushyuhe gisanzwe kiboneka mu Mujyi wa Kigali rimwe na rimwe cyane cyane mu kwezi kwa Gashyantare ndetse bwigeze no kugera kuri 35ºc ku italiki ya 22 Gicurasi 20005. Ikidasanzwe cyabaye ni ukugira iki gipimo iminsi inne ikurikiranye mu intangiro za Werurwe 2023.

Iyi nkuru tuzakomeza kuyibakurikirana tumaze kuvugana n’abashinzwe iteganyagihe mu Rwanda (Meteo Rwanda).

Basanda Ns Oswald

 

 

 

 

 

 

 

 

To Top